Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarobyi 200 Ba DRC Bari Bafungiwe Muri Angola Barekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Abarobyi 200 Ba DRC Bari Bafungiwe Muri Angola Barekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2025 11:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abarobyi 200 muri 234 bari baherutse gufatwa na Polisi ya Angola irinda imipaka ikora ku mazi baraye barekuwe.

Bafashwe Tariki 25, Nyakanga, 2025 baroba amazi ari ahitwa Kimuabi muri Teritwari ya Moanda ku ruzi rwa Congo, uruhande rwa Angola.

Abarekuwe babwiye itangazamakuru ko bafunzwe batazi icyo bazira, nyuma y’igihe baza kubwirwa impamvu.

Bakigera iwabo babwiye Radio Okapi ko bafungiwe ahitwa Do Soyo.

Umuyobozi wo mu gace abo baturage batuyemo avuga ko ibyababayeho bidakwiye, birimo ubunyamaswa kandi bikwiye gutangwaho ibisobanuro n’inzego za Angola zabikoze.

Abayobozi ba Angola ntibaragira ibyo babivugaho.

Uruzi rwa Congo rufite isoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, rugaca muri Congo Brazzaville, Angola, Zambia n’ibice bimwe bya Cameroon na Tanzania.

Uru ruzi rwiroha mu nyanja ya Atlantic.

TAGGED:AbarobyiAbaturageAngolaCongoInyanjaUruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Burundi Hari Ikiyobyabwenge Gikomeye
Next Article Abana 12 Bagiye Gutozwa Na Arsenal
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Yabwiye UN Ko Igihe Kigeze Afurika Igahagararirwa Mu Kanama Kayo K’Umutekano

Ambasaderi Nyamvumba Yahaye Rayon Sports Umukoro

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

You Might Also Like

IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUmutekano

RIB Yavumbuye Amayeri Akomeye Bakoresha Biba Amadolari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zaganiriye N’Iza Uganda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeIbiza KamereMu mahanga

Namibia: Inyamaswa ‘Zitabarika’ Zishwe N’Inkongi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?