Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarwanyi Ba CODECO Bishe Abasirikare 15 Ba DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarwanyi Ba CODECO Bishe Abasirikare 15 Ba DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2023 1:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Ituri haravugwa inkuru y’urupfu rw’abasirikare 15 bishwe n’abarwanyi b’umutwe CODECO URDPC. Ubu bwicanyi bwabereye ahitwa Djugu kuri uyu wa Gatanu taliki 27, Mutarama, 2023.

Intumwa yihariye y’Umunyamabanga mukuru wa UN yitwa Bintou Keita niwe yamaganye buriya bwicanyi.

Bintou Keita  avuga ko bibabaje kuba abaturage hamwe n’abasirikare ba UN ari bo bakomeje kwibasirwa n’ibitero by’inyashyamba.

Bintou Keita

Yavuze ko  abasirikare ba MONUSCO bazakomeza kuba hafi y’aba DRC kugira ngo bakome imbere ibitero by’inyeshyamba zikomeje kubuza abaturage amahwemo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Keita yongeye gusaba ashimitse ko inyeshyamba zashyira hasi intwaro, amahoro akagaruka mu bice zigaruriye.

Mu basirikare 15 bivugwa ko bishwe na CODECO, babiri bafite ipeti rya office mukuru.

Bishwe nyuma yo kurasirwa mu gico batezwe na bariya barwanyi ubwo abo basirikare bari bajyanywe ku rugamba ahitwa Njala.

Radio Okapi ivuga ko ku ruhande rwa bariya barwanyi, hapfuye abantu barindwi, abandi icyenda barakomereka.

TAGGED:AbarwanyiCODECODRCfeaturedIngabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rwategetse Ibitaro Bya Faysal Kuriha Indishyi Ya Miliyoni Frw 105
Next Article Ruhango ‘Igiye Kuba’ Indiri Y’Abagizi Ba Nabi Batema Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Rihanna Yapfushije Se

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Miliyari $1 Yashowe Mu Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?