Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abaturage Ba Sudani Bati: ‘Isi Yaratwibagiwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abaturage Ba Sudani Bati: ‘Isi Yaratwibagiwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2023 2:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuva aho ibya Israel na Hamas bitangiriye, umuryango mpuzamahanga wahise ayerekezaho amaso, ibindi byose ku isi bias n’ibyibagiranye. Muri byo harimo n’intambara yo muri Sudani imaze kuvana mu byabo abaturage bagera ku 420,000.

Rwagati muri Mata, 2023 nibwo intambara hagati y’ingabo za Leta y’inzibacyuho iyobowe na Gen Abdel Fattah al-Burhan n’izitamushyigikiye zigizwe umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) batangiye kurwana.

Buri wese muri aba ba Jenerali yumvaga ko ari we wayobora inzibacyuho, ariko mugenzi we akamubwira ko agomba gusubiza amerwe mu isaho.

N’ubwo intambara yatangiriye mu Murwa mukuru Karthoum, yaje kwaguka igera no mu Ntara ya Darfru aho abaturage bakomeje gupfa umusubizo bishwe n’aba Janjaweed.

Abenshi barahunze, mu nkambi bakaba babayeho nabi.

The Guardian yanditse ko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku mpunzi, UNHCR, rivuga ko mbere y’uko umwaka wa 2023 urangira, hari izindi mpunzi 200, 000 zizaba zaravanywe mu byazo n’iriya ntambara  isa n’iyirengagijwe n’amahanga kubera iri mu Burasirazuba bwo Hagati nayo bitazwi igihe izarangirira.

TAGGED:featuredHamasImpunziIntambaraIsraelSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Kigali Hatangijwe Ikoranabuhanga Riburira Ku Myuzure
Next Article IMPURUZA: Nkongwa Idasanzwe Yagarutse Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?