Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cardinal W’Umufaransa Yemeye Ko Yahohoteye Umukobwa W’Imyaka 14
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Cardinal W’Umufaransa Yemeye Ko Yahohoteye Umukobwa W’Imyaka 14

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2022 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Bufaransa hari impaka zirebana n’imyitwarire idahwitse ivugwa mu bayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya Gatulika  barimo na Cardinal Jean-Pierre Ricard wiyemereye ko yakoreye ibyamfura mbi umwana  w’umukobwa w’imyaka 14 y’amavuko.

Cardinal Ricard yahoze ari we uyobora Abihaye Imana bose mu Bufaransa akaba yaritwaga ‘patron des évêques de France.’

Le Parisien yanditse ko Cardinal Jean Pierre Ricard yakoreye uriya mwana ihohoterwa rishingiye ku gitsina kandi ngo si we wenyine uvugwaho ubu bugizi bwa nabi kuko hari n’abandi bayobozi bakuru muri Kiliziya Gatulika mu Bufaransa bavugwaho iki kibazo.

Ubu ngo babarirwa muri 11.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Bufaransa bacitse ururondogoro bakimara kumva ko Cardinal Ricard yemera ko yakoze ariya mahano.Bamwe babyise amahano« Écœurant », abandi babyita agahomamunwa « effrayant », « révoltant »…

Mu mwaka wa 1990 hari undi muyobozi muri Kiliziya y’u Bufaransa wayobora Diyoseze y’ahitwa Créteil witwa Michel Santier nawe wavuzweho amahano nk’ariya ariko yo yayakoreraga abagabo.Kuba kuri iyi nshuro bivugwa kuri Cardinal umwe muri batanu u  Bufaransa bufite, ni ikintu gikomeye kuri Kiliziya ya kiriya gihugu.

Ni ngombwa kuzirikana ko Papa atorwa muri ba Cardinal, bityo kumva ko hari umwe muri bo uvugwaho kandi akemera ko yakoze kiriya cyaha, ni icyasha gikomeye.

TAGGED:BufaransaCardinalfeaturedGusambanyaIngufuUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Uwo Bise ‘Igisambo Kizwi’ Yafatanywe Ingurube Mu Mufuka
Next Article RIB Yafashe Ukekwaho Gufasha Umugore W’Umunyamakuru Nsengimana Gukora Impapuro Mpimbano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?