Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cardinal W’Umufaransa Yemeye Ko Yahohoteye Umukobwa W’Imyaka 14
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Cardinal W’Umufaransa Yemeye Ko Yahohoteye Umukobwa W’Imyaka 14

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2022 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Bufaransa hari impaka zirebana n’imyitwarire idahwitse ivugwa mu bayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya Gatulika  barimo na Cardinal Jean-Pierre Ricard wiyemereye ko yakoreye ibyamfura mbi umwana  w’umukobwa w’imyaka 14 y’amavuko.

Cardinal Ricard yahoze ari we uyobora Abihaye Imana bose mu Bufaransa akaba yaritwaga ‘patron des évêques de France.’

Le Parisien yanditse ko Cardinal Jean Pierre Ricard yakoreye uriya mwana ihohoterwa rishingiye ku gitsina kandi ngo si we wenyine uvugwaho ubu bugizi bwa nabi kuko hari n’abandi bayobozi bakuru muri Kiliziya Gatulika mu Bufaransa bavugwaho iki kibazo.

Ubu ngo babarirwa muri 11.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Bufaransa bacitse ururondogoro bakimara kumva ko Cardinal Ricard yemera ko yakoze ariya mahano.Bamwe babyise amahano« Écœurant », abandi babyita agahomamunwa « effrayant », « révoltant »…

Mu mwaka wa 1990 hari undi muyobozi muri Kiliziya y’u Bufaransa wayobora Diyoseze y’ahitwa Créteil witwa Michel Santier nawe wavuzweho amahano nk’ariya ariko yo yayakoreraga abagabo.Kuba kuri iyi nshuro bivugwa kuri Cardinal umwe muri batanu u  Bufaransa bufite, ni ikintu gikomeye kuri Kiliziya ya kiriya gihugu.

Ni ngombwa kuzirikana ko Papa atorwa muri ba Cardinal, bityo kumva ko hari umwe muri bo uvugwaho kandi akemera ko yakoze kiriya cyaha, ni icyasha gikomeye.

TAGGED:BufaransaCardinalfeaturedGusambanyaIngufuUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Uwo Bise ‘Igisambo Kizwi’ Yafatanywe Ingurube Mu Mufuka
Next Article RIB Yafashe Ukekwaho Gufasha Umugore W’Umunyamakuru Nsengimana Gukora Impapuro Mpimbano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?