Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cardinal W’Umufaransa Yemeye Ko Yahohoteye Umukobwa W’Imyaka 14
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Cardinal W’Umufaransa Yemeye Ko Yahohoteye Umukobwa W’Imyaka 14

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2022 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Bufaransa hari impaka zirebana n’imyitwarire idahwitse ivugwa mu bayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya Gatulika  barimo na Cardinal Jean-Pierre Ricard wiyemereye ko yakoreye ibyamfura mbi umwana  w’umukobwa w’imyaka 14 y’amavuko.

Cardinal Ricard yahoze ari we uyobora Abihaye Imana bose mu Bufaransa akaba yaritwaga ‘patron des évêques de France.’

Le Parisien yanditse ko Cardinal Jean Pierre Ricard yakoreye uriya mwana ihohoterwa rishingiye ku gitsina kandi ngo si we wenyine uvugwaho ubu bugizi bwa nabi kuko hari n’abandi bayobozi bakuru muri Kiliziya Gatulika mu Bufaransa bavugwaho iki kibazo.

Ubu ngo babarirwa muri 11.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Bufaransa bacitse ururondogoro bakimara kumva ko Cardinal Ricard yemera ko yakoze ariya mahano.Bamwe babyise amahano« Écœurant », abandi babyita agahomamunwa « effrayant », « révoltant »…

Mu mwaka wa 1990 hari undi muyobozi muri Kiliziya y’u Bufaransa wayobora Diyoseze y’ahitwa Créteil witwa Michel Santier nawe wavuzweho amahano nk’ariya ariko yo yayakoreraga abagabo.Kuba kuri iyi nshuro bivugwa kuri Cardinal umwe muri batanu u  Bufaransa bufite, ni ikintu gikomeye kuri Kiliziya ya kiriya gihugu.

Ni ngombwa kuzirikana ko Papa atorwa muri ba Cardinal, bityo kumva ko hari umwe muri bo uvugwaho kandi akemera ko yakoze kiriya cyaha, ni icyasha gikomeye.

TAGGED:BufaransaCardinalfeaturedGusambanyaIngufuUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Uwo Bise ‘Igisambo Kizwi’ Yafatanywe Ingurube Mu Mufuka
Next Article RIB Yafashe Ukekwaho Gufasha Umugore W’Umunyamakuru Nsengimana Gukora Impapuro Mpimbano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?