Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abaturage Bishe Abasirikare Bari Bavuye Kugemurira Bagenzi Babo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abaturage Bishe Abasirikare Bari Bavuye Kugemurira Bagenzi Babo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2024 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bateze abasirikare bari bavuye kugemurira bagenzi babo barabica. Umuyobozi wa Lubero avuga ko abo basirikare biciwe ahitwa Njiapanda hagati ya Kambau na Njiapanda.

Ni mu gace kari mu ntera ya kilometero 76 uvuye muri Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Umuyobozi wo muri kariya gace avuga ko byabaye ahagana saa yine z’ijoro ubwo abo basirikare babiri bicagwa n’abantu kugeza ubu bataramenyekana.

Ababishe babanje kubavana mu modoka bari barimo barababoha barangije barabatwika ari bazima.

Ibyo bari bafite babibamburanye n’imbunda zabo.

Umuyobozi wa Teritwari ya Lubero witwa Colon Alain Kiwewa avuga ko abo basirikare bari bakiri abasirikare bato, bakaba bari bavuye kugemurira bagenzi babo aho bahanganye n’inyeshyamba zimaze iminsi zarajujubije ubuyobozi bw’iki gihugu.

Avuga ko abo basirikare batezwe igico n’abo bantu bataramenyekana.

Col Kiwewa yabwiye Radio Okapi ko urubyiruko rwakekwaho gukora biriya, rukwiye kwikosora kuko bidakwiye kandi ko ababikoze bazashakishwa bagafatwa bakabiryozwa.

Uyu musirikare kandi avuga ko mu minsi ishize hari urubyiruko rwashatse gutwika station ya Polisi ya Njiapanda ariko bararutesha.

TAGGED:AbasirikareButemboCongoDRC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Umucamanza Warashwe N’Umupolisi Yapfuye
Next Article Uko Abaje Muri Stade Amahoro Nshya Bayakiriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Yagabye Igitero Muri Syria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?