Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abaturage Bishe Abasirikare Bari Bavuye Kugemurira Bagenzi Babo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abaturage Bishe Abasirikare Bari Bavuye Kugemurira Bagenzi Babo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2024 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage bateze abasirikare bari bavuye kugemurira bagenzi babo barabica. Umuyobozi wa Lubero avuga ko abo basirikare biciwe ahitwa Njiapanda hagati ya Kambau na Njiapanda.

Ni mu gace kari mu ntera ya kilometero 76 uvuye muri Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Umuyobozi wo muri kariya gace avuga ko byabaye ahagana saa yine z’ijoro ubwo abo basirikare babiri bicagwa n’abantu kugeza ubu bataramenyekana.

Ababishe babanje kubavana mu modoka bari barimo barababoha barangije barabatwika ari bazima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibyo bari bafite babibamburanye n’imbunda zabo.

Umuyobozi wa Teritwari ya Lubero witwa Colon Alain Kiwewa avuga ko abo basirikare bari bakiri abasirikare bato, bakaba bari bavuye kugemurira bagenzi babo aho bahanganye n’inyeshyamba zimaze iminsi zarajujubije ubuyobozi bw’iki gihugu.

Avuga ko abo basirikare batezwe igico n’abo bantu bataramenyekana.

Col Kiwewa yabwiye Radio Okapi ko urubyiruko rwakekwaho gukora biriya, rukwiye kwikosora kuko bidakwiye kandi ko ababikoze bazashakishwa bagafatwa bakabiryozwa.

Uyu musirikare kandi avuga ko mu minsi ishize hari urubyiruko rwashatse gutwika station ya Polisi ya Njiapanda ariko bararutesha.

- Advertisement -
TAGGED:AbasirikareButemboCongoDRC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Umucamanza Warashwe N’Umupolisi Yapfuye
Next Article Uko Abaje Muri Stade Amahoro Nshya Bayakiriye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?