Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Eddy Kenzo Mu Baharanira Grammy Awards
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Eddy Kenzo Mu Baharanira Grammy Awards

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2023 3:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Eddy Kenzo afite imyaka 33 y’amavuko akaba umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakunzwe kandi kuva mu myaka myinshi ishize. Ubu ari ku rutonde rw’ibyamamare bikomeye ku isi bizahatanira ibihembo biri mu bikomeye ku isi bita Grammy Awards.

Guhemba abahanzi bakomeye batsindiye biriya bihembo bizabera i Los Angeles muri Leta ya California, Amerika.

Kenzo niwe muhanzi wa mbere muri Uganda utorewe kuzajya guhangana agamije kubona biriya bihembo bigereranywa n’ibyo mu Bufaransa bita ‘Victoires de la Musique en France.’

Grammy Awards yatangiye gutangwa mu myaka 50 ishize.

Kenzo afite umwihariko w’uko ari umwe mu bahanzi bakuriye mu bibazo ariko bakaza kubyivanamo ubu akaba ameze neza mu buhanzi bwe.

Yatakaje ababyeyi be afite imyaka itanu, akura nabi mu muhanda y’i Kampala.

Impano ye yaje kumugira icyamamare ku rwego rwo hejuru mu mwaka wa 2014, ubwo yasohoraga indirimbo yiswe Sitya Loss.

Aherutse gusohora indirimbo yise Guimme Love yaririmbanye n’Umunyamerika witwa Matt B.

Ikindi kintu gituma aba umuhanzi wihariye ni uko, mu buryo butandukanye n’abandi bahanzi bo muri Uganda, Eddy Kenzo aririmba mu Luganda kurusha uko akoresha Icyongereza.

TAGGED:AmerikaEddyImfubyiUmuhanziUmuziki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Tshisekedi Yitabiriye Inama EAC
Next Article Yafashwe Nyuma Y’Imyaka 16 Ashakishwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?