Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imana Yampaye Umugezi W’Indirimbo Zidakama-Umuhanzi Tonzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Imana Yampaye Umugezi W’Indirimbo Zidakama-Umuhanzi Tonzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 January 2025 10:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Tonzi
SHARE

Clémentine Uwitonze wamamaye mu muziki w’u Rwanda ku izina rya Tonzi avuga ko hari alubumu ya 10 ari gutunganya izasohoka mu gihe gito kiri imbere. Asanzwe ari umwe mu bahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana bazwi kurusha abandi.

Avuga ko Imana yamuhaye icyo yise ‘umugezi w’indirimbo zidakama’ bityo ko azakomeza kuyiririmbira.

Alubumu ateganya gutangaza izaba igizwe n’indirimbo ze zivanze n’iz’abandi bihuje nawe ngo bayitegure.

Iya cyenda yayisohoye muri Werurwe, 2024 mu gitaramo yafatanyijemo na Aline Gahongayire, Gaby Kamanzi na Phanny Wibabara.

Yayise ‘Respect’ bivuze  mu Kinyarwanda ‘Icyubahiro’.

Tonzi avuga ko impano Imana yamuhaye azayikoresha mu guhimbaza icyubahiro cyayo no kugira uuhare mu kuzamura ubuhanzi bwo mu Rwanda muri rusange.

Hari ku wa Gatanu tariki Ku wa 03 Mutarama 2025, ubwo Tonzi yatangazaga ko yasohoye indirimbo ya mbere muri uyu mwaka yise ‘Merci’.

Alubumu amaze gusohora ni icyenda yise aya mazina: Humura, Wambereye Imana, Wastahili, Izina, I Am a Victor, Amatsiko, Akira, Amakuru na Respect.

TAGGED:AlubumuImanaIndirimboTonziUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashinwa 17 Birukanywe Muri DRC
Next Article Ikipe Izatwara CHAN Izegukana Miliyoni $ 3.5 Avuye Kuri Ebyiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

ImyidagaduroUbutabera

Uko DJ TOXXYK Yireguye Mbere Y’Uko Hemezwa Ko Afungwa By’Agateganyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?