Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imyaka Ibaye 12 Jean Christophe Matata Atabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Imyaka Ibaye 12 Jean Christophe Matata Atabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2023 8:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imyaka 12 irashize umuhanzi w’Umurundi bamwe bafata ko ari uw’ibihe byose muri kiriya gihugu atabarutse.Uwo ni Jean Christophe Matata.

Matata yavutse mu mwaka wa 1960 atabaruka taliki 03, Mutarama, 2011. Imyaka ibaye 12 atabarutse azize uburwayi.

Se yitwa Matata Benôit, Nyina akitwa Marie Theresa Mukabaziga.

Jean Christophe Matata niwe wari imfura mu bana batanu.

Yapfiriye i Cape Town muri Afurika y’Epfo aho yaragiye kwivuriza ibihaha.

Matata yapfuye afite imyaka 50 y’amavuko asiga abana babiri ariko nta mugore yigeze ashaka mu buryo bwemewe n’amategeko.

Uyu mugabo yabaye icyamamare bikomeye mu Karere igihugu cye giherereyemo hagati y’imyaka ya 1970 n’imyaka ya 1980.

Jean-Christophe Matata yakoze indirimbo zakunzwe cyane.

Izo zirimo Kobwa ndagowe, Ihorere Ntusarare, Umpora iki ?, Murantunga, Amaso akunda ntabona neza, N’i Nyagasambu rirarema n’izindi.

Bivugwa ko yatangiye gukora umuziki afite imyaka 18 y’amavuko.

Iyi ndirimbo yayisohoye mu mwaka wa 1990 ubwo yari avuye mu Rwanda agiye kuba mu Bubiligi mu mwaka wa 1991.

Yari afite itsinda baririmbanaga rikanamucurangira ryitwaga African Nil Band.

Ni umwe mu bahanzi beza u Burundi bwagize
TAGGED:BurundiMatataRwandaUburwayiUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UNICEF-Rwanda Yatangiye Gukoresha Imodoka Z’Amashanyarazi
Next Article Imodoka Zikoresha Hydrogen Ziri Guta Isoko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?