Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yambitse Sassou Nguesso Umudali W’Indashyikirwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yambitse Sassou Nguesso Umudali W’Indashyikirwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 July 2023 6:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kumushimira umuhati yashyize kandi agishyira mu kubaka ubumwe bw’abatuye Afurika, Perezida Kagame yaraye yambitse mugenzi we uyobora Congo Brazzaville umudali u Rwanda rwise AGACIRO.

Yawumwambikiye mu gikorwa cyo kumwakira ku meza cyabereye muri Kigali Convention Center kitabiriwe n’abayobozi bakuru ku mpande zombi.

This evening at the Kigali Convention Centre, President Kagame and First Lady Jeannette Kagame hosted a State Banquet in honour of President Sassou-Nguesso, who was awarded with the National Order of Honor: Agaciro, for his exceptional leadership and dedication to building a more… pic.twitter.com/OdmuWpQRB2

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) July 21, 2023

Sassou Nguesso ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yahageze kuri uyu wa Gatanu mu masaha ya nyuma ya saa sita yakirwa na mugenzi we Paul Kagame.

Dennis Sassou Nguesso yahise akomereza gusura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi ahavuye ajya kuganira na Perezida Kagame mu muhezo.

Nyuma bagiranye ikiganiro  kigufi n’abanyamakuru birangiye akomereza mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda aho yavugiye ijambo.

Mu ijambo rye yagarutse ku kamaro ko kwihuza kw’Afurika n’imikoranire inoze y’abayituye.

Yavuze ko abaturage ba Afurika bagomba kwishyira hamwe kugira ngo umugabane wabo utere imbere.

- Advertisement -

Sassou Nguesso yagize ati: “ Guteza imbere Afurika biri mu maboko yacu ariko bidusaba ko buri munsi duharanira amahoro. Ni ngombwa ko intambara n’urugomo bohagararaga. Ntacyagerwaho hatai amahoro. Ni ngombwa ko abaturanyi babana amahoro kandi bakishyira hamwe.”

Avuga ko imibaniro nk’iyo ari nkingi yo kubana amahoro kw’abatuye Afurika, bigateza imbere n’abayituye.

Dennis Sassou Nguesso ari mu bayobozi b’ibihugu by’Afurika bamaze igihe ku butegetsi kuko yabugiyeho mu mwaka 1979.

Azi uko Politiki yo kuri uyu mugabane yakinwe kuva icyo gihe kugeza ubu.

Uretse igihe gito yamaze atari ku butegetsi mu gihugu cye cyategekwaga na Pascal Lissouba, ikindi gihe cyose yakimaze ari Perezide wa Congo Brazzaville.

Lissouba yategetse iki gihugu guhera mu mwaka wa 1992 kugeza mu mwaka wa 1997.

Kuri uyu wa Gatandatu ari busure Kaminuza yigisha iby’ubuhinzi bwa kijyambere kiri mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Gashora yitwa RICA.

TAGGED:BrazzavilleCongofeaturedKagameKaminuzaPerezidaRwandaSassou
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yazamuye Ipeti Ry’Umuyobozi Mukuru Wa Polisi
Next Article Ndagijimana Yasabye Abahinzi Bo Mu Rwanda Kwigira Ku Banyamahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?