Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame yifurije Perezida Kaboré imirimo myiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame yifurije Perezida Kaboré imirimo myiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2020 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yifurije  Roch Marc Christian Kaboré  uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso kuzagira akazi keza.

Perezida Kaboré  yatangiye kuyobora Burkina Faso mu Ugushyingo, 2015 nyuma y’uko Blaise Compaoré yamaganywe n’abaturage  bafatanyije n’abasirikare.

Icyo gihe yatsinze uwo bari bahanganye witwa Zephirin Diabré. Icyo gihe yashyizeho Minisiitiri w’Intebe witwa Paul Kaba Thieba usanzwe ari umuhanga mu by’ubukungu.

Yakomeje kuyobora Burkina Faso ndetse abihuza no kuyobora Minisiteri y’ingabo n’ayabahoze ku rugerero.

Roch Marc Christian Kaboré  w’imyaka 63 y’amavuko asanzwe ayobora ishyaka ryitwa People’s Movement for Progress akaba aherutse gutsindira indi manda y’imyaka itanu ku majwi 57.87% nk’uko byatangajwe na Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri Burkina Faso, Bwana Newton Ahmed Barry.

Roch Marc Christian Kaboré uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso
TAGGED:AmatoraBurkina FasofeaturedKaboreKagameKomisiyoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ruhango: Bashyinguye imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside
Next Article Burundi: Perezida Ndayishimiye yatashye inyubako za Eglise Méthodiste Libre
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?