Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Nyuma yo kwegura kwa Lecornu waburaga igihe gito ngo yuzuze ukwezi ari Minisitiri w’Intebe, Perezida Emmanuel Macron ari mu ihurizo ryo kureba uwamusimbura bikaramba.

Abanyamakuru bavuga ko afite amahitamo atatu: gusenya Ishyaka rye, kwihuza n’abandi cyangwa kwegura.

Hari umunyapolitiki witwa Aurélien Devernoix wabwiye RFI ko ikintu gikenewe ubu ari ukwegura kwa Perezida Macron.

Abafaransa bategereje kumva icyo Perezida wabo azabatangariza.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version