MAGERWA Ya Burera Yakongotse

Amakuru ava mu Karere ka Burera avuga ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, ububiko bw’ibicuruzwa bwa MAGERWA hafi y’Umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda bwakongowe n’umuriro.

Ibyarimo byose byahiye birarangira.

Ubwo twandikaga iyi nkuru hari hataramenyekana intandaro y’iyi nkongi n’agaciro k’ibyayiyiriyemo.

Polisi ntiragira icyo ibitangazaho.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version