Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Sudan Leta Yakuyeho Murandasi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Sudan Leta Yakuyeho Murandasi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 December 2021 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gukoma mu nkokora umugambi w’impirimbanyi za Politiki zashakaga gutegura imyigaragambyo,  Leta ya Sudani yakuyeho murandasi.

Hari hateganyijwe imyigaragambyo yo kongera gusaba ko ubutegetsi busubizwa abasivili ijana ku ijana, bukavanwa mu maboko y’abasirikare.

Imyigaragambyo yari iteganyijwe gukorerwa hirya no hino mu Murwa mukuru Khartoum  ariko ubu yakomwe mu nkokora kandi ibiraro bihuza ibice bitandukanye by’uriya Mujyi byafunzwe.

Leta yasohoye itangazo riha gasopo uwo ari we wese uri buhirahire agashaka gutangiza imyigaragambyo ko bitari bumuhire.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

No mu mpera z’Icyumweru gishize, nabwo abaturage bari bateguye imyigaragambyo yo gusaba ko ubutegetsi bwasubizwa mu maboko y’abasivili.

Imidugararo yaje iyikurikiye yaguyemo abantu ndetse hari amakuru atangazwa na BBC avuga ko hari abagore abapolisi ba kiriya gihugu bakoreye ibya mfura mbi barabasambanya

Ikigo cya Sudani gishinzwe imikorere y’ibigo by’itumanaho kitwa Sudan’s National Telecommunications Corporation( NTC) yatangaje ko byabaye ngombwa ko itumanaho rya murandasi riba ruvanyweho kugira ngo igihugu kidashyirwa mu icuraburindi n’abigaragambya.

Hirya no hino mu murwa mukuru Khartoum hashyizwe abasirikare n’abapolisi benshi ngo batangire uwo ari wese washaka kujya mu myigaragambyo

Muri iki gihe Sudani iyobowe na Gen Abdel Fattah al-Burhan.

- Advertisement -

Uyu musirikare mukuru avuga ko yiteguye kuzasubiza ubutegetsi abasivili muri Nyakanga, 2023.

Omar al-Bashir  wari imaze imyaka 28 ayobora Sudani yakuwe ku butegetsi mu mwaka wa 2019 asimburwa n’abasirikare bahise bashyiraho inzibacyuho igikomeje kugeza n’ubu.

TAGGED:featuredImyigaragambyoPolitikiSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kandiho Uyobora Iperereza Rya Gisirikare Rya Uganda Yahuye Na Kayumba Nyamwasa
Next Article Umuntu Yapfiriye Ku Muhanda Wo Muhima Abura N’Uwamutwikira Isazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?