Nduhungirehe Yagizwe Minisitiri W’ububanyi N’Amahanga 

Olivier Nduhungirehe wari usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi ubu niwe ushinzwe ububanyi you bw’u Rwanda, asimbuye Dr. Vincent Biruta.

Biruta yagizwe Minisiteri w’umutekano imbere mu gihugu asimbuye Alfred Gasana.

Ni impinduka zikomeye muri Guverinoma y’u Rwanda, igihugu kibura igihe kigera ku kwezi kumwe ngo kijye mu matora y’Umukuru w’igihugu n”ay’Abadepite ateganyijwe muri Nyakanga, 2024.

Nduhungirehe yahoze muri Guverinoma y’u Rwanda ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ibikorwa bya EAC aza kuwuvanwamo n’itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri W’Intebe.

- Advertisement -

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version