Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Prof Pierre Rwanyindo Ruzirabwoba Yatabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Prof Pierre Rwanyindo Ruzirabwoba Yatabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 November 2023 3:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanga mu mitekerereze ya muntu wagize uruhare runini mu kubaka imitima y’Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba n’intiti ikomeye Prof Pierre Rwanyindo Ruzirabwoba yatabarutse afite imyaka 89 y’amavuko.

Yaguye mu bitaro by’u Rwanda bya Kanombe biri mu Karere ka Kicukiro.

Rwanyindo  niwe washinze ikigo cy’ubushakashatsi ku biganiro bigamije kubaka amahoro kitwa  Institute for Research and Dialogue for Peace (IRDP).

Muri iki gihe iki kigo kiyoborwa na Dr. Eric Ndushabandi.

Prof Pierre Rwanyindo yagishije no muri  Kaminuza y’u Rwanda ndetse aba n’umuyobozi w’Inama y’ubutegetsi ya Kaminuza yigenga ya Kigali, Kigali Independent University.

TAGGED:AmahorofeaturedProfRuzirabwobaRwanyindoUburwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Hadutse Minibisi Z’Amashanyarazi Zitwara Abagenzi Kuri Frw 500
Next Article Capt Dadis Camara Wayoboye Guinea Yafashwe Ashaka Gutoroka Gereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Gasabo: Bafungiwe Kwangiza Amashanyarazi

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ikoranabuhanga

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?