Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Harifuzwa Ko Gahunda Yo Guhugura Abarimu Muri Siyansi Ikomeza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Rwanda: Harifuzwa Ko Gahunda Yo Guhugura Abarimu Muri Siyansi Ikomeza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 January 2024 11:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo yavuze ubwo harangizwaga gahunda y’imyaka itandatu  Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na siyansi, AIMS, yari imaze ihugura abarimu n’abanyeshuri mu bya siyansi n’imibare, umuyobozi muri REB ushinzwe iterambere rya mwarimu Johnson Ntagaramba yasabye ko hagombye kurebwa uko hajyaho indi gahunda nk’iyi.

Hari mu muhango wo kwishimira ibyagezweho muri gahunda yiswe AIMS Teacher Training Program igamije guha abarimu ba siyansi n’abanyeshuri babo ubumenyi  cyangwa ibikoresho bibafasha mubyo biga.

Ntagaramba avuga ko umusaruro iriya gahunda yatanze, ugaragara kandi ikifuza ko hatekerezwa uko yazakomeza.

Ati: “ Nsanga ari ngombwa ko iyi gahunda yagombye gukomeza kuko twabonye ko yatanze umusaruro twishimira.”

Avuga ko yizeye ko iyo gahunda itazarangira aho ahubwo ko byazaba byiza hongerewe ikindi gihe.

Iyi gahunda isanzwe ikorerwa mu turere 14 ariko hari gahunda y’uko izagukira n’ahandi mu Rwanda.

Kaminuza nyafurika yigisha imibare na siyansi ivuga ko ubumenyi muri siyansi no kubakira abanyeshuri n’abarimu ubumenyi mu bya siyansi kandi hakarebwa niba hari n’ibikoresho bakeneye kugira ngo bige neza siyansi n’imibare.

Ifoto rusange y’abitabiriye iki gikorwa
TAGGED:AbarimuIkoranabuhangaImibareKaminuzaSiyansi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Mu Nyubako Y’Abakobwa Ba Kaminuza Hatoraguwe Uruhinja Muri Poubelle
Next Article Israel Yari Izi Iby’Ibitero Bya Hamas Irabisuzugura-Raporo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Yatemye Ushinzwe Umutekano Baramurasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?