Abari bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba muri manda icyuye igihe, bishimira uruhare bagize mu mikorere yayo, k’ubufatanye na bagenzi babo....
Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari kugira...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Eda Mukabagwiza ashima uko Umujyi wa Kigali ‘wihatira’ gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abawutuye. Hon Mukabagwiza yabivuze nyuma y’ingendo yafatanyijemo...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe...
Ishyaka ryari risanzwe ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Israel riyobowe na Benyamini Netanyahu ryatsinze amatora y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Bivuze ko Netanyahu ari we...