Abadepite, abakora mu Rwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta n’Abanyarwanda muri rusange bakomeje kwibaza iherezo ry’imikorere idahwitse y’Ikigo WASAC. Kubera ko bisa n’ibyananiranye ndetse bikaba byarananiye...
Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, yasabye Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ko mu myaka ibiri agomba kuba yacyemuye ikibazo cy’uruganda SteelRwa abaturage bahora bataka ko ibinyabutabire...
Umutwe w’Abadepite watoye umushinga w’Itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere y’Akarere, wakozwemo amavugurura arimo uburyo abagize inama Njyanama babonekamo, ari nabo batorwamo Komite Nyobozi y’Akarere. Ni umushinga wemejwe...
Abadepite bagize Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gusuzuma imikoreshereze y’Imari ya Leta, PAC, banenze Urwego Ngenzuramikorere, RURA, kutubahiriza amategeko kandi isanzwe ifite inshingano zo guhana abatayubahiriza. Ibyo kutubahiriza...
Inteko Rusange y’Abadepite yemeje ko Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel azayigaragariza ingamba zijyanye n’ikoreshwa ry’itabi mu gihugu, by’umwihariko uburyo bwo kumenya ibipimo bigize itabi ry’igikamba. Ni...