Dr Emmanuel Ugirashebuja usanzwe ari Minisitiri w’ubutabera mu Rwanda avuga ko kugira ngo abatuye igihugu runaka babeho batekanye kandi bafite amajyambere, imwe mu nkingi ikomeye ituma...
Nk’uko bimeze henshi mu mirimo ikorerwa mu Rwanda, abagore baracyari bake. Muri Polisi y’u Rwanda naho ni uko. Icyakora imibare yerekana ko umubare wabo uri kuzamuka...
Abagore bibumbiye mu Muryango utari uwa Leta ugamije uburenganzira n’iterambere ry’Abanyarwandakazi Rwanda Women’s Network bagiranye inama n’umukozi wa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango witwa Emmanuel Ntagozera ababwira...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana amasezerano n’ikigo Smart Africa...
Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka...