Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana amasezerano n’ikigo Smart Africa...
Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka...
Umwe mu banyamakuru wari uri mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyateguwe n’Ihuriro ry’abanyamakuru b’abagore n’abandi bafatanyabikorwa yabajije uwari uhagaririye Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha impamvu hari abo rudakurikirana kandi bibasira...
Mary Balikungeri uyobora Rwanda Women’s Network yabwiye abagore bahagarariye abandi bari bitabiriye Inama yaguye yigaga uko barushaho gukorana hagamijwe iterambere ry’umugore mu nzego zose, ko ari...
Mu Karere ka Bugesera mu ntangiriro z’Icyumweru gitaha ni ukuvuga taliki 19, Mata, 2022 hazateranira Inama yaguye y’abagore bakora mu nzego zitandukanye zifatirwamo ibyemezo. Muri iriya...