Mu Murenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke umugore wihitiraga yasanze uruhinja ku kayira gaturiye ishyamba baruhataye. Amakuru avuga ko rufite hagati y’ukwezi n’igice n’amezi abiri,...
Inteko ishinga y’u Rwanda yaraye yanze gutora ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryerekeye kwemerere abangavu bagejeje imyaka 15 kuboneza urubyaro. Banzuye ko hagomba kubaho ibiganiro bihuza inzego zose...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango, Prof Jeannette Bayisenge avuga ko igikwiye kurusha ibindi ari ukurinda ko abangavu baterwa inda. Ibi kuri we ni byo by’ingenzi kurusha kwibwira...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango yatangaje imibare bamwe bavuga ko iteye agahinda, yerekana ko mu mwaka umwe(2021) abangavu 23 000 batewe inda. Umuyobozi...