Abayobozi bo mu Uganda barekuye Abanyarwanda 11 bari bamazeyo igihe bafunzwe mu buryo butubahirije amategeko. Iri tsinda rigizwe n’abagabo icumi n’umugore umwe. Abayobozi bo muri Uganda...
Hasigaye imyaka itanu ngo Leta zunze ubumwe z’Amerika zizihize imyaka 250 zimaze zigenga. Hazaba ari tariki 04, Nyakanga, 2026. Ambasaderi wazo mu Rwanda Peter Vrooman yaraye...
Abanyarwanda babiri bavuga ko bakoreye ikigo cyitwa US Peace Corps mu bihe bitandukanye, ariko kirabahemukira kibirukana mu buryo budakurikije amategeko. Bakireze mu nkiko, zanzura ko bagitsinze...
Abapolisi 160 bari bamaze hafi imyaka ine muri Sudani y’Epfo baraye bagarutse mu Rwanda. Bakiriwe na Assistant Commissioner of Police ( ACP) Yahaya Kamununga wari uhagarariye...
Ubwo yaganirizaga abapolisi bari bamaze iminsi mu mahugurwa y’uburyo bakorana n’abaturage, Umuyobozi wungiriije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa DIGP/Ops Felix Namuhoranye yababwiye ko buryo umuturage...