Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko...
Mu kiganiro yahaye Radio Rwanda kuri uyu wa 21, Kanama, 2021 yavuze ko Umunyarwanda ari uw’igitinyiro, ko agomba kubahwa ntahohoterwe n’abayobozi. Ku rundi ruhande ariko ngo...
Urwego rwa Uganda rushinzwe abinjira n’abasohoka rwaraye ruhererekanyije n’u Rwanda abaturage barwo 26 barimo abana babiri. Bose bari bafungiye muri gereza ya Matinda kandi mu bapimwe...
Abaturage bo mu tugari tw’Umurenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza baratakamba bavuga ko muri uriya murenge hari abashumba baboneshereza, hagira ukoma bakamukubita. Ngo iyo baregeye...
Mu ijambo yagejeje ku batuye KwaZulu Natal Umwami w’Abazulu witwa Misuzulu kaZwelithini yasabye abatuye buriya bwami koroherana, bagahagarika imidugararo imaze iminsi ica ibintu mu mijyi itandukanye...