Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ( WHO) ryohereje abahanga mu by’ubuzima muri Sudani y’Epfo gukusanya amakuru hagamijwe kumenya indwara ihamaze iminsi, ikaba imaze guhitana abantu 89....
Kuba umunyamakuru ubwabyo ni ukwiyemeza kuvugira abandi ibibazo bagutumye n’ibyo batagutumye. Ni ukwiyemeza no kuba wapfa ubavugira. Kuba umunyamakurukazi byo bizana izindi ngorane z’inyongera nk’uko UNESCO...
Nyuma y’imyaka runaka intambara yo kubohora u Rwanda itangiye, byagaragariraga buri wese ko ubutegetsi bwa Juvénal Habyarimana buri mu marembera. Inkotanyi zari zimaze kwigarurira igice kinini...
Itsinda ry’Abanyarwanda 140 baba mu gace ka Tongogara kubatswemo inkambi y’impunzi batangaje ko badashobora kwemera gutahuka mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu bambuwe uburenganzira bwo kwitwa impunzi....
Imibare itangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe amahoro ku isi, ivuga ko kugeza ubu abagore cyangwa abakobwa bari mu kazi ko kugarura amahoro hirya no hino ku...