Umuturage wo mu Murenge wa Rugengabali mu Karere ka Burera yatawe muri yombi nyuma y’uko Polisi ibwiwe n’Umujyanama w’ubuzima ko uwo muturage yapimwe bakamusangamo COVID-19, aho...
Ku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’abaturage, Polisi yaraye ifatiye hirya no hino abaturage barenga 6000 bishe amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Muri bo harimo icyamamare Samusure, uwitwa Marshall...
Mu Murenge wa Kimihurura haherutse gufatirwa abantu 14 barimo abana 10. Polisi yapimye isanga bariya bana bafite umusemburo mu maraso kandi ubusanzwe bitemewe ko umuntu utaruzuza...
Hari abaturage babwiye Taarifa ko n’ubwo Guverinoma yemereye abaturage kujya mu Kabari bakanywa ariko kubasaba guhana metero n’igice ari ukwigiza nkana kuko ‘ntawe uyobowe uko umuntu...
Minisiteri y’Ubucuruzi yemeje ko utubari tuzafungurwa ari utwabiherewe uburenganzira n’Umurenge dukoreramo cyangwa Urwego rw’Iterambere (RDB), udukorera mu Mujyi wa Kigali dusabwa gukoresha gusa abakingiwe COVID-19. Ni...