Ihuriro ry’abanyabigango bo muri Kenya ryitwa The Bouncers Association of Kenya ryavuze ko rigiye gusaba Leta ya Kenya kubemerera kujya bitwaza imbunda. Bayisabye ko yazabatoza uko...
Umugabo w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana yafashwe na RIB akurikiranyweho gusambanya abana babiri b’abakobwa bivugwa ko yari amaranye Icyumweru baba...
Iyo umuntu yirukanywe ku kazi, akenshi yumva ko arenganyijwe. N’ubwo bishoboka ko uwo muntu koko yarenganyijwe mu buryo runaka, abahanga mu myitwarire bavuga ko bidakwiye ko...
Abantu muri rusange bumva ko ibyiza ari uko umuntu yarya atavunitse. Hari abumva ko umuntu abonye icyo arya cyangwa anywa adakoresheje imbaraga nyinshi ari byo bimwubaka...
Umuntu aho ava akagera akunda ibimera. Ibimera ni ingenzi mu kuduha ibiribwa, umwuka wo guhumeka, ibicanwa, imiti, n’ibikoresho byo mu ngo. Hejuru y’ibi, hiyongeraho ko ibimera...