Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300...
Akazi ni ngombwa mu buzima kuko gahesha ugafite amafaranga akeneye ngo yibesheho, abesheho abe ndetse agire n’umusaruro aha igihugu cye. Iyo umuntu akikageramo aba yumva agakunze...
Ihuriro ry’abanyabigango bo muri Kenya ryitwa The Bouncers Association of Kenya ryavuze ko rigiye gusaba Leta ya Kenya kubemerera kujya bitwaza imbunda. Bayisabye ko yazabatoza uko...
Umugabo w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana yafashwe na RIB akurikiranyweho gusambanya abana babiri b’abakobwa bivugwa ko yari amaranye Icyumweru baba...
Iyo umuntu yirukanywe ku kazi, akenshi yumva ko arenganyijwe. N’ubwo bishoboka ko uwo muntu koko yarenganyijwe mu buryo runaka, abahanga mu myitwarire bavuga ko bidakwiye ko...