Perezida Paul Kagame yabwiye bamwe mu bitabiriye Inama mpuzamahanga iri kubera mu Misiri ko u Rwanda rwahisemo kwita ku mapariki yarwo biruha umusaruro ariko Guverinoma yarwo...
Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugarukaho mu kiganiro yagiranye n’abarimu bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abarimu ni ugucunga neza umutungo w’ibigo...
Airtel Rwanda yatangije ubufatanye n’ikigo cy’inkeragutabara kitwa MISIC kugira ngo abafite ibinyabiziga bajye bishyura Parikingi bakoresheje Airtel Money. Willy Rukundo ushinzwe kuvugira Ikigo Millennium Savings &...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa rihageze ku isi muri iki gihe, hatangarijwe raporo isobanura uko iki kibazo kifashe muri Afurika....
Mu tugari twa Kagitumba na Cyembogo mu Murenge wa Matimba, mu Karere ka Nyagatare hari abaturage bavuga ko bakusanyije Miliyoni Frw 4 baziha ubuyobozi ngo bugure...