Mu biganiro biherutse guhuza ababyeyi, abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’abakora muri PRO-FEMMES TWESE HAMWE, hari abayobozi basabye ko inkwano ivanwaho kuko ibera inzitizi umusore ushaka...
Mu rwego rwo gufasha abaturage babitsa muri Banki zo mu Rwanda kugeza ibibazo byabo kuri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), iki kigo cyabashyiriyeho uburyo kise ‘Intumwa...
Hari Taliki 01, Kamena, 2022 ubwo umugabo witwa Arthur Fraser wahoze uyobora Urwego rw’iperereza rw’Afurika y’Epfo yagezaga ikirego mu rukiko arega Perezida Ramaphosa ibintu bikomeye. Fraser...
Mu rwego rwo gufasha ba rwiyemezamirimo gushora mu mishinga igamije guha abaturage amashanyarazi akomoka ku ngufu zisubira, Banki Nyafurika y’ubucuruzi n’iterambere, Trade and Development Bank, irabahamagarira...
Umupolisi ukora mu ishami rishinzwe umutekano mu muhanda aherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwambura abamotari amafaranga kugira ngo atabahanira amakosa y’imikoreshereze y’umuhanda arangije ajya kuyahonga indaya....