Muri Angola haraye hatangiye inama yitabiriwe naba Minisitiri barimo nabashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu Karere U Rwanda ruherereyemo. Irigirwamo ikibazo cy’umutekano muke muri DRC. u Rwanda...
Imwe mu ngingo zikubiye mu masezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Pologne harimo iy’uko Kigali na Warsaw bazakorana mu guhugura abakora ububanyi n’amahanga, bigakorwa binyuze mu...
Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo...
Mu rwego rwo gukomeza umurunga uranga umubano hagati y’u Rwanda na Ukraine, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga warwo Dr. Vincent Biruta yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine witwa...
Abantu babiri bafatiwe mu Karere ka Gakenke bafite amasashi 37,600 bari bajyanye kugurisha kandi atemewe mu bucuruzi bwo mu Rwanda. Umwe mu bafashwe ni umusore ufite...