Mu kiganiro Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Antoine Felix Tshisekedi aherutse guha France 24 yavuze ku kibazo cya Lieutenant-General Philémon Yav Irung kivuga ko...
Nyuma y’iminsi igera kuri 40 inyeshyamba za M23 zifashe ahitwa Bunagana muri Kivu y’Amajyaruguru, ubu zamaze gushyiraho inzego z’ubuyobozi. Ni ibyemezwa n’abaha Taarifa amakuru. Ubuyobozi bwa...
Abaturage benshi bamaze kuva mu byabo bahunga imirwano yatangijwe n’inyeshyamba ku ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bice bya Chanzu na Runyoni muri Rutshuru....