Si nka mbere ubwo bacaga muri Libya ahubwo ubu bahinduye umuvuno, kuko bari guca muri Maroc bagana muri Espagne. Mbere bacaga muri Libya bakambuka bagana mu...
Nyuma y’uko ubutegetsi bwa Joe Biden butangaje ko ingabo z’Amerika zigomba kuva muri Afghanistan mu gihe gito kiri imbere, ibigo by’ubutasi by’Abanyaburayi n’Amerika byatangiye kwisuganya kugira...
Abanyaburayi ntibavuga rumwe mu gukoresha urukingo AstraZenica rw’Abongereza ariko rukorerwa mu nganda zabo ziri mu Buhinde. Imwe mu mpamvu zitavuzwe ni uko harimo agahimano mu by’ubukungu...
Ku basanzwe bakurikirana imikorere ya FIFA muri iki gihe, bemeza ko ibyayo biri gusubirwamo. Imwe mu ngingo yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri muri Guverinoma y’u Rwanda...