Amakuru Taarifa ifite avuga ko umugabo witwa Obed Katureebe wari ufite urubuga yise RPFGakwerere rwahoraga rwibasira ubuyobozi bw’u Rwanda yatawe muri yombi n’inzego z’iperereza za Uganda....
Pacifique Nshizirungu wari umaze igihe aba mui Uganda yishwe mu buryo bw’amayobera n’abantu bitwaje imbunda, bamusanze kuri sitasiyo ya lisansi mu gace ka Kiryandongo, arimo guha...
Yashinjwe ko CMI yibasiye benshi igendeye ku bwenegihugu Imitungo ye n’inyungu ze byakumiriwe muri Amerika CMI yashinjwe iyicarubozo ryateye ubumuga cyangwa urupfu Ibimenyetso bya Amerika bihura...
Abanyarwanda babiri bigaga muri Bugema University muri Uganda batawe muri yombi n’inzego z’ubutasi za gisirikare, ubwo bari mu nzira bataha mu Rwanda. Abafashwe ni Ndayishimye Aimable...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, ubuyobozi bwa Uganda bwagejeje mu Rwanda imirambo y’abaturage babiri biciwe muri icyo gihugu, Paul Bangirana w’imyaka 47 na Dusabimana...