Mu gihe u Rwanda rukomeje kongera imbaraga mu koroshya ubucuruzi bw’imodoka zikoresha amashanyarazi, mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bikoresha Icyongereza, CHOGM, izabera i Kigali...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta yavuze ko icyifuzo ari uko abazitabira inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma b’ibihugu bikoresha Icyongereza (CHOGM) izaba muri Kamena bazaba...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari umunyamabanga mukuru wa CommonWealth ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta. Aje kuganira...
Itsinda ririmo gutegura inama izahuza abakuru b’ibihugu na za guverinoma bigize Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Icyongereza (Commonwealth), inama izwi nka CHOGM 2021, ryanyuzwe n’aho u Rwanda rugeze...