Jean Paul Kimonyo wigeze kuba umujyanama wa Perezida Paul Kagame yagizwe umuyobozi w’Ikigo Levy Mwanawasa Regional Centre for Democracy and Good Governance gikorera i Lusaka muri...
Mu nama yateguwe n’Umuryango mpuzamahanga w’ubucuruzi yabaye kuri uyu wa Mbere tariki 21, Kamena, havugiwemo ko u Rwanda, Senegal, Afurika y’Epfo na Nigeria ari byo bihugu...
Hari abanyamahanga cyangwa Abanyarwanda baba hanze yarwo bavuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda budakoresha Demukarasi, bakabishingira ku mpamvu z’uko ibyemezo bifatwa biba ‘bidahuje n’uko bo babona ibintu.’...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko muri DRC witwa Jean Marc Kabund aherutse gutangaza ko kuva icyorezo COVID-19 cyagera muri kiriya gihugu kimaze kwica Abadepite 32 ni...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bwana Felix Tshisekedi ari mu rindi hurizo ry’uburyo yacururutsa abamufashije gusenya ishyaka rya Kabila, ubu batishimiye ko batagaragaye mu...