Guhera mu ntangiriro z’Icyumweru cyatangiye kuri uyu wa Mbere taliki 20 kuzageza taliki 27, Werurwe, 2023 mu Rwanda hazabera imikino izahuza Polisi zo mu Karere k’Afurika...
Assistant Commissioner of Police( ACP) Yahaya Kamunuga avuga ko ikipe ya Polisi y’u Rwanda, Police FC, itanga umusaruro uruta ibyo bayishoramo kandi ngo birabashimisha. Yabibwiye abanyamakuru...