Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ryatangaje ko muri Ghana hari abantu babiri bamaze gihutanwa na Virusi yo mu bwoko bwa Marburg. Iyi ni imwe muri virusi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, World Health Organization( WHO), ritangaza ko icyorezo Ebola kiri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo cyamaze kugira imbaraga zituma kigera no...
Nyuma y’uko hari abantu bagaragayeho ubwandu bushya bwa Ebola mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, inzego z’ubuzima za Repubulika ya Demukarasi ya Congo...
Nyuma y’iminsi mike virus ya Ebola yongeye kuvugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, ikaba imaze kwica abantu batatu, iki cyorezo kiravugwa no muri Guinea. Si...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, abaganga bari gusuzuma umugore utatangajwe amazina ufite indwara ifite ibimenyetso bijya gusa n’ibya Ebola ariko byihariye. Ari kwitabwaho mu bitaro...