Abantu barinda imari y’abandi bazwi ku izina ry’abazamu bagize rimwe mu matsinda y’Abanyarwanda benshi badakunda guha agaciro bakwiye ariko mu by’ukuri bafite akamaro kanini. Hari bamwe...
Hari abaturage bo mu Mudugudu wa Ntora, Akagari ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi bagiye kwereka Polisi abantu bajyaga baguraho urumogi. Abo bantu babiri bagurishaga urumogi Polisi...
Imibare itangazwa kugeza ubu yerekana ko abantu 11 barimo abo mu Karere ka Gasabo n’abo mu Karere ka Bugesera ari bo bishwe n’inzoga Umuneza ikorwa n’Uruganda...
Iki Cyumweru kiri kurangira gisize abaturage umunani bo muri Kimihurura bishwe n’inzoga yiswe Umuneza. Mu gihe ab’i Kigaki mu Murenge wa Kimihurura bacyunamira ababo, i Nyanza...
Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA, cyahagaritse ku isoko amoko abiri y’inzoga zikoze mu bitoki. Imwe yitwa Umuneza na Tuzane, mu gihe hagikorwa iperereza ku...