Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko imiterere y’icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda itari icyifashe neza nk’uko byari bimaze iminsi, ku buryo hari hakeneye kugira igikorwa....
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi bashya batowe mu nzego z’ibanze kwita ku bibazo byugarije abaturage, bitabaye ibyo bakavuga ko badashoboye maze bakegura. Kuri uyu wa Mbere...