Guverinoma y’u Rwanda yatangije ubufatanye n’Ikigo cy’Abanyamerika gitanga serivisi z’ikoranabuhanga kitwa Google. Ni ikigo gikomeye kuko ari cyo gicunga ibigo byinshi by’ikoranabuhanga n’ubushakashatsi bukoresha murandasi ku...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Abashinwa gikora ibyuma by’ikoranabuhanga kikaba ari nacyo cyakoze murandasi yihuta kurusha izindi muri iki gihe kitwa Huawei kuri uyu wa Kane tariki 28, Ukwakira,...
Mu Bushinwa hari urundi ruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni zigendanwa n’ibindi bitandukanye. Ni uruganda abantu bavuga ko ruje guhangana na Huawei isanzwe ari iya mbere...
Igisekuru cya gatanu cya Internet yihuta kurusha izindi muri iki gihe kitwa 5G cyatangiye gukoreshwa muri Kenya. Ibaye igihugu cya kabiri muri Afurika gikoresha iyi murandasi...
Mu minsi mike ishize hari raporo yasohotse ivuga mu buryo butaziguye ko abahanga mu ikoranabuhanga(hackers) bishoboka cyane ko ari abo mu Bushinwa bamaze igihe bavoma amakuru...