Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavugiye i Doha muri Qatar ko uburezi ari ingenzi mu gutuma umuntu amenya akamaro k’ibidukikije no kubirengera. Perezida Kagame yavuze ko...
Aho ari mu Nama mpuzamahanga yiga k’ukurinda ibidukikije iri kubera mu Misiri, Umukuru w’u Rwanda yaraye aganiriye na bagenzi be barimo Umaro Sissoco Embaló uyobora Guinea-Bissau,...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye abitabiriye inama ku bidukikije iri kubera mu Misiri avuga ko igihugu cye, hamwe n’Afurika by’umwihariko, rukora uko rushoboye ngo ibyo rwiyemeje kugeraho...
Perezida Paul Kagame yabwiye bamwe mu bitabiriye Inama mpuzamahanga iri kubera mu Misiri ko u Rwanda rwahisemo kwita ku mapariki yarwo biruha umusaruro ariko Guverinoma yarwo...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama yiswe Terra Carta Action Forum yatangijwe n’Umwami w’u Bwongereza Charles III, Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo isi ishobore guhangana...