Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame ari mu Misiri ahari kubera Inama mpuzamahanga yateguwe na UN yiswe COP 27 yiga ku ngamba zo kurinda ibidukikije. Yahahuriye n’abandi...
Mu rwego rwo gushishikariza abatuye isi kurinda ko hari ibinyabuzima byapfa bigashira, hari ikinyamaswa abantu bakoze kitwa dinosaur bahimbye Frankie kiri mu Rwanda mu rwego rwo...
Barabivuga ababyumvise bakagira ngo ni amashyengo y’abahanga mu by’ubuzima baba bashaka gukora raparo ngo birire amadolari. N’ubwo hari abantu bavuga ko iby’uko ibinyabuzima biri gushira ku...
Hafi yo kwa Rubangura mu Mujyi wa Kigali hari kubakwa inzu ndende igeretse inshuro 19 izaba ari iya mbere mu kurengerera ibidukikije izaba yubatswe mu Rwanda...
Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urengera ibidukikije IUCN, Bruno Oberle yabwiye abitabiriye Inama ya nyuma mu zimaze iminsi zikorwa mu rwego rwo kwigira hamwe uko urusobe rw’ibinyabuzima rwabungwabungwa,...