Nyuma yo gufungwa akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umwana ariko akaza ufungurwa, umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu yaraye agaragaye mu gitaramo cyo kuruhura mu mutwe abitabiriye...
Umunyamakuru wa Daily Monitor witwa Stephen Otage yazindukiye ahari bubere igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Mu rwego rwo gufasha abazindutse gutegereza...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 18, Werurwe, 2022, umwe mu bahanzi b’injyana gakondo wamamaye witwa Muyango arataramira Abanyarwanda bakunda indirimbo gakondo. Ni igitaramo Ikigo Green Hills...
Ruger witabiriye ikiganiro n’abanyamakuru yafatanyijemo na mugenzi AV yahakanye iby’uko yaba afitanye amahari na AV, avuga ko kuba mu byamamare havugwa amahari nta kidasanzwe kirimo ariko...