Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu i Nyanza mu Rukari harabera igitaramo cy’inkera y’Umuganura. Ni igitaramo Abanyarwanda bari bwibukiranyeho uko kera bataramaga, uko inyambo zamurikirwaga...
Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe kurusha abandi ariko uba muri Amerika witwa The Ben yageze mu Rwanda. Mu mpera z’iki Cyumweru azataramira Abanyarwanda mu gitaramo yise...
Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda batangiye guhanga indirimbo nyuma ya Jenoside wamamaye kurenza abandi witwa The Ben( amazina ye ni Mugisha Benjamin) yatangaje ko azaza gutaramira Abanyarwanda...
Nyuma y’uko abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bashyiriye iterabwoba ku muraperi ukomoka iwabo ariko uba mu Bufaransa witwa Youssoufa ko naza mu Rwanda ibizamubaho...
Nyuma yo gufungwa akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umwana ariko akaza ufungurwa, umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu yaraye agaragaye mu gitaramo cyo kuruhura mu mutwe abitabiriye...