Umufaransa witwa Bernard Jean Étienne Arnault niwe wasimbuye Umunyamerika Elon Musk ku mwanya w’umuntu ukize kurusha abandi batuye isi. Arnault asanganywe ibigo 70 bikora imyenda n’imibavu,...
Mu Mujyi wa Kigali mu Kigo cyitwa Norrsken habereye igikorwa cyo guhemba abakoze imishinga igamije gutanga ibisubizo mu rwego rw’ubuzima. Ni imishinga yakozwe mu rwego rw’ikoranabuhanga,...
Mu Rwanda hari kubera Inama mpuzamahanga y’ibihugu bigize Umuryango wa COMESA igamije kureba uko urwego rw’ikoranabuhanga mu by’itumanaho rwakongererwa imbaraga. Intego ni ukureba uko abikorera bahabwa...
Impinduka mu mikorere ya Twitter nyuma yo kugurwa n’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk, zari gukora kuri benshi. Mu masaha make ashize, abakoreraga iki kigo...
Muri Mutarama, 2022, abatuye u Rwanda bari abantu Miliyoni 13.44. Abenshi ni ab’igitsina gore kuko bangana na 50.8% mu gihe ab’igitsina gabo ari 49.2%. Mu ntangiriro...