Mu Butayu bwitwa Taklimakan buri mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Bushinwa hatashywe uruganda rucukura rukanatunganya ibikomoka kuri petelori rubikuye muri kilometero icyenda mu kuzimu. Uru...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu yakiriye $100,000 yatanzwe n’ikigo kitwa Liquid Intelligent Technologies azafasha mu gushyira ikoranabuhanga mu nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umushinga watangajwe...
Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu irashaka gukorana n’izindi nzego mu rwego rwo guha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi zo ku rwego rw’igihugu ikoranabuhanga ryerekana mu mashusho...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga ivuga ku ikoranabuhanga yiswe Transform Africa Summit ko iyo ikoranabuhanga rikoreshejwe mu buryo bwiza kandi bufatika, ryorohereza ubucuruzi bwambukiranya imipaka....
Mu Mujyi wa Kigali hateraniye inama yahuje ibigo bya Leta n’iby’abigenga bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga yateguwe n’Ikigo gikwiza ikoranabuhanga RICTA yatangirijwemo ikoranabuhanga bise RINEX. Rizafasha mu...