Raporo isobanura uko abatuye umujyi wa Kigali babayeho n’uko babona ibyo bakorerwa yitwa Citizen Report Card, CRC, y’umwaka wa 2022 yerekana ko Akarere ka Kicukiro ari...
Abayobozi bayobowe na Perezida wa DRC Felix Tshisekedi bari mu Bushinwa basinye amasezerano y’uko Ubushinwa buzafasha DRC mu iterembere mu ikoranabuhanga. Amasezerano hagati ya Beijing na...
Abanyamerika bikomye Ubushinwa nyuma y’igitero bavuga ko gikomeye babagabyeho. Ni igitero cy’ikoranabuhanga kibasiye ibikorwaremezo bya Amerika, Canada n’Ubwongereza. Ibyo bikorwaremezo birimo n’ibirindiro by’ingabo z’Amerika biri mu...
Ubutabera bw’Ubushinwa bwategetse ko John Leung usanzwe ari Umunyamerika ariko akaba aba muroi Hong Kong afungwa igihe kingana n’imyaka asigaje kubaho nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubutasi...
Akoresheje uru rubuga asanzwe abereye boss, Elon Musk yatangaje ko bidatinze hari umugore ugiye kuzamusimbura ku buyobozi bwa Twitter. Iyi mvugo ye yatumwe abashoramari bari bamaze...