Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangije imikino itatu yihariye itari isanzwe ikinwa mu Rwanda mu gihe cya Car Free Day. Iyo mikino ni Mini golf, E-road biking, ...
Nk’uko byari byitezwe, umukino hagati ya Iran n’Amerika wari ishiraniro, aho buri ruhande rwashakaga kubabaza urundi. Ni umukino wari ukomeye kubera ko warangiye ari igitego 1cy’Ikipe...
Cristiano Ronaldo umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize kandi igifite kugeza ubu, avuga ko agifite imbaraga zo gukina umupira w’amaguru kuzageza ubwo azaba agejeje mu myaka...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurushaho kuryoherwa na serivisi zayo, sosiyete icuruza amashusho ya CANAL+ Rwanda yagabanyije ibiciro ku bikoresho byayo muri Poromosiyo yo gusoza umwaka...
Ubuyobozi bwa Televiziyo y’u Rwanda na Canal +Rwanda batangije ubufatanye bugamije gufasha abakunda umupira w’amaguru kuzareba imikino y’igikombe cy’isi mu mashusho ya High Definition( HD). Ni...