Abagore bibumbiye mu Muryango utari uwa Leta ugamije uburenganzira n’iterambere ry’Abanyarwandakazi Rwanda Women’s Network bagiranye inama n’umukozi wa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango witwa Emmanuel Ntagozera ababwira...
Mbere gato y’uko hatangira Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ikoranabuhanga mu itumanaho, Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yasinyanye n’Ihuriro mpuzamahanga ry’abahanga mu byogajuru amasezerano y’imikoranire. Ni amasezerano...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda kitwa MTN Group cyemeye kuzatanga $ 230,000 azakoreshwa mu itegurwa ry’imwe mu Nama zizakorwa mu gihe cya CHOGM ariko yo...
Mu bihugu bigize Umuhora wa Ruguru( Northern Corridor) byitabiriye Inama yabereye i Kigali yigaga ku bibazo biri mu buhahirane bwabyo n’ingamba zafatwa ngo bicyemuke, Repubulika ya...
Umuyobozi wa AVEGA Agahozo, Valérie Mukabayire avuga ko ari ngombwa gushima Leta y’u Rwanda kuko yafashije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kwiga, kubona amacumbi no kubona ubutabera....