Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere Zéphanie Niyonkuru yabwiye abitabiriye inama yiga ku kwita ku binyabuzima hagamijwe gukomeza ubukerarugendo bubishingiyeho ko abantu nibadakanguka ngo bite...
Mu gihe mu Rwanda no ku isi muri rusange hari kwitegurwa Umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, ni ngombwa kwibaza niba bikwiye ko umuntu ufite ubumuga ahabwa...
Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ari i Glasgow muri Ecosse mu nama yiga ku kurengera ibidukikije yiswe COP 26. Ahagarariye Perezida Kagame muri iriya nama yitwa 2021...
Nyuma y’inama y’Iminsi ibiri yaberaga i Roma mu Butaliyani yahuje Abakuru b’ ibihugu 20 bya rutura ku isi, ariko n’u Rwanda rukaba rwarayitumiwemo nk’ijwi ry’Afurika, abayitabiriye...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 29, Ukwakira, 2021 nibwo Perezida Paul Kagame yitabiriye ubutumire bw’inama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa Gatandatu tariki 30, Ukwakira, 2021....