Perezida Paul Kagame yasabye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga uko ibyo gutwara abantu n’ibintu mu ndege byakoroshywa, ko bagomba kureba uko ibihugu by’Afurika byashyira mu bikorwa amasezerano...
Politico yanditse ko nta muyobozi wo ku isi wemerewe kuzajyana indege ye mu Bwongereza ubwo bazaba bagiye gusezera bwa nyuma k’umwamikazi Elisabeth II uherutse gutanga. Abakuru...
Mu gihe bamwe bakeka ko umwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan wahosheje, ku rundi ruhande impande zombi zikomeje gukora ibikorwa bamwe bavuga ko bitinde bitebuke...
Hari ikinyamakuru cyo muri Aziya cyanditse ko ubwo indege 30 z’u Bushinwa zinjiraga mu kirere cya Taiwan, igisirikare cy’iki gihugu cyahanuye mo zimwe. The Jerusalem Post...
Amakuru mashya ku mwuka mubi hagati y’u Bushinwa n’Amerika bapfa Taiwan avuga ko hari indege za Leta zunze ubumwe z’Amerika zahagurutse mu Buyapani kugira ngo ziherekeze...